132

Bitandukanye n’abavuye hanze (Impunzi za cyera zo 1959), bo bashakaga kwiganzura abahutu gusa. 

Abatutsi bahoze mu Rwanda barabasanze ngo babafashe gukuraho umuhutu, ariko mu by’ukuri bo nta nzigo ikomeye yari ihari kuko babanye n’abahutu imyaka yose igihe abandi bazereraga. Aha ni na ho abahutu jenoside ibakomerera cyane. Kuba baratsembye abatutsi babanaga umunsi ku wundi kubera ko bababonaga mo bene wabo bari barateye u Rwanda. N’ubwo bidakuraho ko abari mu Rwanda na bo bari bishimiye ko umututsi muri rusange asubiranye ijambo, na bo bumvaga barimo, ariko ntibari bazi ko bene wabo baturutse hanze barangije kubatanga cyera… Iyo baza kubimenya ntibari kwishimira ko batashye barwana. 

Abacitse ku icumu bari bafitanye igihango n’abahutu mu buryo bukomeye kandi bugaragara, ari na byo bituma jenoside ifata intera ndende. Na ya nzika ya za 1959 kugeza 1973 yari yaratangiye gushiramo imbaraga, ubuzima bwarongeye burakomeza, barashakana, barabyarana, bahana inka n’imirima. Barabana umunsi ku munsi. Bafatanya ubucuruzi n’ubwo abahutu bakabyaga, nk’uko n’ubu abari ku ngoma nabo ubucuruzi hafi ya bwose babugiramo imigabane akenshi batanatanze, na mbere ni ko byari bimeze. Biha agaciro, mbese GUKOMERA KWABO NICYO GISHORO. 

Abatutsi bahoze mu Rwanda ntabwo bibukaga iby’amoko «Hutu- Tutsi». Maze bivundururwa na FPR iteye ku wa 1/10/1990. Ubwo ni bwo abatutsi bo mu gihugu bongeye gusubiza ubwenge ku gihe bibuka ko bagira bene wabo hanze bahuje ubwoko, bihita bibuzura mu mutima, kandi bahita bumva babaye bamwe nabo, kuko bahise bibuka 1959, 1963, 1973. Ariko amateka ntibari bayasangiye n’abo bari bateye, ntabwo bigeze bamenya ko baje kubamarisha. Barabihishwe, maze barashira koko… 

Umwuka w’ingaruka za jenoside uteza imivurungano, ukongera ibikorwa byinshi bya kinyamaswa. Nako n’inyamaswa ntishobora kurongora akana kayo ijya ahandi, ariko bigeze aho bitakiri ibanga : abagabo bararongora utwana babyaye, abandi bararongora ingurube, n’intama, abagore bararongorwa n’ihene z’amasekurume biguriye ngo mu mafaranga baguze mu masambu yabo. N’ibindi by’amahano y’ibyorezo y’urukozasoni atabonerwa izina mu muco nyarwanda cyangwa ku isi hose. 

Ibyo nkubwira ndabizi, ndanagukangurira kumenya, kuko wowe wibera mu iterambere gusa, ntumenye ibiri hanze aha, bishobora no kuzagira ingaruka mbi kuri iryo terambere ryawe. Bishobora kuzaryangiza utabaye maso. Maze kumenya byinshi by’amahano y’ingaruka zatewe n’amarorerwa ya jenoside, no guhora bitigeze bihagarara, ntibikorwa ku mugaragaro, tumenyaho bike, ariko tukabimenya, ibindi Imana ikabihishura kubera impamvu z’akazi,