ategeka ko bahaterera. Kandi ni hahandi hafi y’izamu. Ubwo rero yavuzeko batera “pénalité” kandi yagiyemo. Igitego kijyamo kirabarwa kubera gukinirwa nabi n’indi kipe… ndetse sinatinya kuvugako ari bene cya gitego umukinnyi yitsinda. Hariya abahutu baritsinze rwose. Kuko ako kanya abahutu bahugiye mu gutsemba ibyitso by’Inyenzi aribo batutsi bari mu gihugu imbere, ari nabo bene wabo w’abari bateye «abafatanyacyaha» aribo batutsi b’imbere mu gihugu, igihe abahutu barimo kunywa amaraso y’abatutsi no gusahura ibyo batazarya, nibwo ba banyamayeri, RPF bakoze ikintu kitwa «gusonga mbere» barasonga… barasonga… basonga mbere… mpaka Nyamijosi wa mugani wabo.
Kandi rero hari ngo ba RPF bivangavanze n’Interahamwe bakajyana no kuri za bariyeli. Ababaga bafite amazuru manini, nabo bafatanije n’abandi kwica umututsi muri rusange. Batiza umurindi Interahamwe nyazo. Bari barakwiriye muri gahunda zose z’igihugu. Bakinanye amayeri ahanitse, barwananye imipango igomba kwigwa mu mashuri y’intambara y’inyeshyamba. Iri si ishyano ni icyorezo cyari gifite ingufu. RPF yakoresheje abahutu amahano y’ibyorezo ahanitse. Ni nka cya gihe mu mupira w’igikombe cy’isi, ubutaliyani bukina n’ubufaransa. Umukinnyi w’umutaliyani Materazzi yatutse ibitutsi Zidane w’umufaransa kuburyo kugeza ubu batari bamenya ibyo yamututse, byatumye Zidane amusekura umutwe ku mugaragaro isi yose ireba, mu mukino hagati. Maze ahabwa ikarita itukura ku mugaragaro. Ariko Materazzi asigara mu kibuga akina, afitiwe impuhwe, isi yose ivuga ngo yoooo. Maze Zidane arangiza gukina umupira nabi. Kuko yarwanye bose babireba, bose babireba, bose babirebaaaaa! Kubirebaaaaa…
Ariko uwamututse nta gihamya gihari, kuko yanabihakana yivuye inyuma, ndetse yanarira yiriza akanaboroga, isi yose ikamugirira impuhwe kubera ako karengane yagiriwe mu mukino kugirango FIFA itamufatira ibihano. Byaba na ngombwa akaniriza cyane, akazanakomeza akarira cyane, aramutse ari umukinnyi kabuhariwe wasagutswe n’amayeri, maze buri uko bazaba babahamagaye mu rukiko akaza arira aboroga, avugako yibutse ibyo Zidane yamukoreye. Ni urubanza rukomeye cyane, harimo dosiye nyinshi zahurirana. Mu Rwanda barubyazamo inyungu nyinshi cyane. FPR ruriya rubanza yari gushobora kurubyazamo inyungu kugeza ubu. Ndetse yabatsinda akabahemura baramutse baburanye kuko nta bimenyetso Zidane na Avocat we bari kuba bafite. Ntabyo! Na nyuma yari kuzavugako babogamye. Ko abazungu babogamye kuko ari umwarabu. Kuko iyo Ubutaliyani buza gutsindwa, aba yaravuzeko byatewe na Zidane. Ariko umva neza ko aho bari gushyira hose, Abataliyani bari bafite urubanza rufatika. Ariko bwaratsinze imanza zirarangira. Bikunze gukorwa n’abakinnyi b’abahanga. Babandi batsindisha ibitego intoki kandi bikemerwa. Ayo ni amayeri ahanitse yo gukoresha undi ikosa warabanje kumuneka ukamenya intege nke ze, ukamenya ibimurakaza n’ibimusetsa n’ibyatuma akora amahano.
