tununga no gukoresha ibishushanyo by’izo nsengero. Maze abiyita Abanyarwanda bati : muvuge muvuye aho ntimuturusha gusenga, kandi twebwe Imana iratubwira amahoro kuko idashobora kwemerako hongera kumeneka amaraso. Twararutashye.
Yeee! Natwe se twari tururimo twabahaye karibu? Twigeze tubakira? Imana yabahaye karibu? Yigeze ibakira mu Rwanda? Ntimwizanye mukiyakira? Mwandika kuri buri kintu ngo cyarafashwe. Icyo gihe umunyamahanga asenga aye maze agakaraba, akigendera ahubwo Abanyarwanda bakunda abahanura amahoro, bariya baza bareretswe u Rwanda nyuma y’ibihano bakaza bivugirako babonye u Rwanda ari paradizo ntibavuge mbere ibibanziriza paradizo, aribyo byitwa : IMBANZIRIZA-PARADIZO.
Abanyarwanda bakunda ubabwira ibyo bashaka cyane kuko banga guca bugufi. Dore uko bimeze : Iyo umuhutu yeretswe intambara yumva bimuryoheye kuko abenshi ni abashaka intambara ubwo ngo n’abatutsi baveho, kandi nawe ntazasigara, ariko kubera za mpano za Satani afite, basi nawe agende bajyane. Iyo umututsi yeretswe intambara ahita ayirukana mw’Izina rya Yesu ubwo ngo iragiye bikomereze, basugire basagambe, umuhutu atazagaruka ku ngoma. Kandi ntiyagenda bya bindi byose bidakozwe kandi urufunguzo rufite umuhutu kuko ni nawe wafunze.
Impamvu umuhutu ariwe ufite urufunguzo n’uko kugeza ubu atari yemera ko yatsinzwe. Umututsi nawe ngo yabonye igihugu maye yarubatse, yararongoye, yararongowe, yarabyaye abana beza b’ibisage wa mugani wabo. Ariko biramara kangahe, ba se badasubiye ku rugamba kugwayo? Biramara iki? Bimaze iki? Ko ba se bafitanye amakimbirane? Ko bamwe bigometse biragenda bite?
Ngarutse ku bahutu kuko aha ndagirango uhumve neza. Kugeza ubu nandika umuhutu wese ntaremera gutsindwa, arumva akiri mwinshi? Aho ari hose ahora ategereje ko bihinduka kuko bimurimo. Abari muri MRND, CDR, MDR, n’abandi b’abahutu batagiraga amashyaka, na ba EX FAR n’imiryango yabo yose, n’abanyepolitiki na n’ubu bari mu nzego z’ubuyobozi, n’abana babo, na buri muhutu wese iyo ava akagera, yaba ari hanze cyangwa mu gihugu imbere, ntaremera ko yatsinzwe, ntarakira neza kuvaho kwe, ntabikozwa, ahora ategereje ko byahinduka akagaruka ku butegetsi kuko ibi nabyo ni Rusange. Ntabwo nari numva abahutu bemeye ko batsinzwe, n’ikimenyimenyi n’ubu baracyashaka gutera barwana.
Kandi niba utari ubizi, upimye neza mu mitima ya benshi, wasanga banezezwa n’utuduruvayo bene wabo bateza, cyane iyo bumvise ko abatutsi basubiranyemo n’ibindi. Ibyo mbizi neza kuko bihishe mu Mwuka. Byonyine biradindiza amajyambere y’igihugu, kuko niba hari abibwirako bakora neza, hari abandi muribo batabyemera, ahubwo barakazwa n’ibyo byiza kuko uhongera umwanzi amara inka. Igihe
