Imana yarandinze, benshi bagizengo koko narasaze, kuko gutinyuka kuvuga ko umututsi ari umunyabyaha ukabivuga uri mu Rwanda bukira bugacya, ukahahama abantu bakakubona, byonyine biragaragaza ko ubivuga aba atari muzima mu mutwe, byarabatangaje nyuma birabarakaza, ariko ni ko kuri. Byabateye kwibaza, ni na bwo batangiye gushakisha abo twabaga dukorana baba hanze.
Ni nk’aho nigeze kuvuga ubutumwa mu ngando imwe yari i Nyanza mu ishuri rya Collège ya Kristu Umwami muri 2005, maze biracika bantegera i Butare kundoga Imana ikinga ukuboko. Maze 2006 nsubiye muri gereza ya Gitarama mpasanga umwe mu bari i Nyanza cya gihe, yari yaragarutse muri gereza. Asaba ijambo ati «Mbwira niba ari wowe wa mugore watubwirije umwaka ushize i Nyanza mu Ngando, kuko niba ari wowe ukaba ukiriho nsengera nkizwe njye mu idini yawe». Twari tuzi ko wapfuye cyangwa ufunze. Iyo Mana yakurinze niyo nshaka.
Imana yakinze ukuboko icyo gihe mbaho, na n’ubu ndacyariho.
None se abatutsi bari barakijijwe icyo gihe? Ubu se bwo bose barakijijwe? Beraga imbuto zikwiriye abihannye? Ubu se bwo barazera? Bose koko bareraga de? Cyangwa bari abamarayika? Ab’ubu se bo barimo kwera imbuto zikwiriye abihannye? Si abanyamadini birirwa bababeshya ngo bakoreshwa n’Imana. Ngo nta byaha bagira! Iriya za Luwelo muri Uganda bayobewe icyo umurengwe wabakoreye. Ni bo ubwabo banyibwiriye ngo bari «barasinze amata».
Gusinda amata?! Umva umurengwe w’ubukunguzi. Bakajya ngo gutegera ku masoko Abaganda bitaga abahutu ngo babakubite saa kumi n’imwe za nijoro, bitwaje ngo inkoni z’abashumba zabigenewe. Bagenda bavuga urukonjo, bitetesha! Birirwaga barahira ngo «Ndakaba umuhutu!» Umva ubukunguziii! Ni nk’abaturage bo mu Majaruguru twahuriye mu ivugabutumwa, umwe muri bo ararahira numva ngo Ndakaba IBINGIRA wamazeho abana!»
Nkomeje kubaza nti abatutsi bari bejejwe kiriya gihe? Aha ni ho ikibazo kiri. Kandi bari bakiri no mu bihano. Bo bazi ko beraga de, ndetse ko na n’ubu bera de. Ndetse ko basa n’abamarayika. Ngo n’ubu nandika barera de. Ntabwo ari byo, ni abanyabyaha kuko ni Ijambo ry’Imana ribivuga neza ko : «Twese twakoze ibyaha ntitwashyikira ubwiza bw’Imana». (Abaroma 3:23).
Abatutsi rero bagomba gusobanura ukuntu bavuye muri iriya «TWESE». Kandi bakabitangira ibimenyetso bifatika na simusiga. Buri gihe ngo bahora bera, barengana. Bahora bakora neza, mama shenge! Ni nde wababeshye ko barengana? Igituma bangwa, ni amavuta y’Imana bakoresha nabi, kandi indi mpamvu ituma babona
